Abadepite 54 b’Abademokarate mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika basabye ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump gutanga ibisobanuro birambuye no kurushaho gukorera mu mucyo mu masezerano mpuzamahanga…
Abigaragambya barashinja Ubutegetsi gukoresha ingufu mu guhashya Abatavuga rumwe na bwo Mu gihe impaka ku ihindurwa ry’Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje gufata intera, bamwe mu…
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko MBABAZI Shadia, uzwi cyane ku izina rya *Shaddybo, *adafunzwe,…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Perezida w’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC), Tomoko Akane wo…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko nta biganiro cyangwa imishyikirano…
Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ibikorwa bya gisirikare by’iri huriro muri Komini…
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yasabye ko…
Ubufaransa bwatangaje ko indege yabwo y’intambara yo mu bwoko bwa Rafale yakoze igikorwa cyo gukurikirana no kugenzura indege y’Uburusiya yo…
Umuhuzabikorwa wa politiki w’Ihuriro AFC, ririmo umutwe wa M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko AFC/M23 itazasubira…
Ibitero bishya byibasiye ubwikorezi bwo mu nyanja mu Nyanja Itukura no mu Kigobe cya Oman,…
Nyuma y'uko APR FC itomboye Les Aigles du Congo mu ijonjora ribanza rya CAF Champions…
Intsinzi ya Rayon Sports yo gusezerera Jamus SC yo muri Sudani y’Epfo muri ½ cya…
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangaje ko rwahagaritse, guhera ako kanya, uruhushya rwemereraga sosiyete Baron Sports Gaming Ltd, izwi ku…
GOMA — Mu gihe abaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari bafite icyizere ko ibiganiro bya Doha bishobora gutanga umuti ku ntambara imaze imyaka myinshi, amakuru…
Umutwe wa FDLR wongeye kuvugwa mu mirwano iri kubera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’igihe gito uvuzweho kugirana n’ubutegetsi bwa Kinshasa amasezerano agamije gushyira intwaro hasi…
Abaturage barenga miliyoni 8,7 bazindukira mu matora rusange muri Zambia kuri uyu wa Kane, tariki…
Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Nord-Kivu, Jenerali Majoro Somo Kakule Evariste, yasabye abaturage gukomeza kuba…
Umubano wa dipolomasi hagati ya Nigeria n’ibihugu bitatu byo muri Sahel, ari byo Burkina Faso,…
Umusesenguzi wa politiki Patrick Mbeko yavuze ko kuba Joseph Kabila yarahisemo kuba mu gace kayobowe…
Impungenge ku buzima bw’Umuyobozi Mukuru wa Iran, Mojtaba Khamenei, zikomeje kwiyongera, mu gihe amakuru mashya…
AFC/M23 yatangaje ko yakiriye i Bunagana abantu 15 barekuwe n’ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyahagaritse ibikorwa by’izindi nganda 101 zikora ibinyobwa bisembuye, ndetse gitesha agaciro…
Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko wifatanyije mu kababaro n’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu (PL) ndetse n’umuryango wa Nyakubahwa…
Umuyobozi w’Umudugudu wa Ryarubasha, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Rangiro mu Karere ka Nyamasheke, Sibomana Zachée, yeguye ku nshingano nyuma yo gufatanwa akora inzoga zitujuje ubuziranenge. Sibomana wari usanzwe ayobora…
BPR Bank Rwanda Plc yagiranye ubufatanye na Fortis Green Housing, ikigo cy’Abanyamerika cyihariye mu bwubatsi, mu rwego rwo korohereza Abanyarwanda kubona inguzanyo zo kugura cyangwa kubaka inzu muri Masaka Views…
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Zambia yatangaje ko Perezida Hakainde Hichilema ari we wegukanye amatora ya Perezida, nyuma yo kubona hafi 60% by’amajwi yatanzwe. Ibyavuye mu matora byatangajwe mu rukerera rwo…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yavuze ko umutwe wa FDLR umaze imyaka irenga 30 uvugwa nk’uhungabanya umutekano w’u Rwanda, ariko ko we atemera ko wigeze ugaba igitero ku…
Kinshasa — Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, C64, ryatangaje ko rizakora imyigaragambyo y’amahoro ku rwego rw’igihugu ku wa 15 Nzeri 2026, mu rwego rwo…
Kuburirwa irengero kwa Maj Bizabishaka wari nimero ya 2 mu butasi bwa FDLR niko nyirabayazana w’umwuka mubi Hasize iminsi uwari inking ya mwamba mu butasi bwa FDLR aburiwe irengero,uwo nta…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye y’abantu 80 bakekwaho uruhare mu ikorwa no gukwirakwiza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nka “ibyuma”. Muri aba harimo Ntihanabayo Samuel, uzwi nka Kazungu,…
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kansi, mu Karere ka Gisagara, Gasana Isaie, yafunguwe nyuma y’iminsi itanu yari amaze afunzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Gasana yatawe muri yombi ku wa 6 Kanama…
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) wasabye abaturage bo muri Ituri n’ahandi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugira uruhare rufatika mu kurwanya Ebola, mu gihe icyorezo gikomeje gukwirakwira kandi…
Ingabo za Etiyopiya zakoreraga mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bwo gushyigikira no guteza imbere umutekano muri Somalia (AUSSOM), zavuye i Burhakaba. Burhakaba ni umujyi w'ingenzi wo mu karere…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe Umuyobozi wa FERWAFA, Shema Fabrice, aho akekwaho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye. Nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, ifatwa rya Shema ryabaye…
Sign in to your account